News
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Mu myaka itanu ishize, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye 148 z'abakurikiranyweho ubwambuzi bushukana by'umwihariko ubushingiye ku bantu bizeza abandi ko ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Unity Club Intwararumuri wahumurije ababyeyi b’Intwaza batujwe mu rugo rw’Impinganzima rwa Nyanza bagizweho ingaruka ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Kazakhstan, yubakiye ku musingi uhamye, ari wo bushuti n’ubufatanye bw’ibihugu byombi. Ibi yabivuze ubwo we na mugenzi we ...
Umuhanzi w'icyamamare muri Afurika y'Iburasirazuba, Joseph Mayanja wamamaye nka Dr Jose Chameleone, yageze mu Rwanda aho aje gutaramira abakunzi b’umuziki we n’Abanyarwanda muri rusange. Ni mu ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka Karongi bavuga ko kimwe mu byatumye Jenoside ikoranwa umuvuduko uri hejuru muri aka gace ari uruhare rwa bamwe mu bari Abaminisitiri muri ...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yagaragaje ko bitatunguranye kuba aka Karere kagaragajwe nk’agakennye kurusha utundi mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results