News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye ko icuruzwa ry’abantu cyangwa abantu basigaye bajya gucuruzwa atari abatarize gusa ahubwo bisigaye bikorerwa ku bantu bize, bajijutse kandi ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
Abatuye mu bice bitandukanye by'Umurenge wa Rangiro ufatwa nk'uw'icyaro cyane mu Karere ka Nyamasheke, bishimira ko batangiye kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi ndetse ukaba uri kubafasha guhanga ...
Kuri uyu wa Mbere, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Umuyobozi w'Ishami ry'u Busuwisi rishinzwe Umugabane wa Afurika muri Minisiteri y'Ububanyi ...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida William Ruto impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu. Amb Rwamucyo yavuze ko azirikana kandi agaha ahaciro ...
Minisiteri y’Ubuzima iravuga ko kuva mu umwaka utaha, izakuba 2 umubare w’abigaga igiforomo ku rwego rw’amashuri yisumbuye. Ibi yabitanganye nyuma y'uko ikoze isesengura igasanga kuva imyaka 2 ishize, ...
Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi 30 barishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko, ibi kandi bikaba byarazamuye imibereho myiza yabo. Babitangaje ubwo Umuryango TearFund wabafashije, ...
Tariki ya 7 Kamena 2025 ni bwo u Rwanda rwikuye mu Muryango w’Ubukungu by’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), ruwushinja kunyuranya n’amategeko shingiro awugenga no kubogamira ku ruhande rwa ...